Abategetsi Bo kubwa ba coloni bazambyaga umuturagege.

 

Mu batege tsi bazamby aga umuturage harimo cyane cyane sushe fu,ikirongozi n’umumotsi. Ikiron gozi ni cyo cyakoreshaga imirimo, cya te raga intambwe z’ibipimo bya SHIKU, kikabaka ibihuni kwa, kibakwiriza
aban tu gutangaumusoron’ibindi, Umumotsi hamwe bi tags imbindarumeyari in tumwa ya sushe fu, Ni we yatumaga ku bantu be, wnda mhakaqukoresha inama. Kujya kurema inama byitwaga kujya ku iperu

Hari umumotsi wari ufite akamenyero ko kuzinduka mu u-turuturu akagenda ku gasozi avuza ihembe akangura abasinziniye ati Raberekeranye nimuhindukirane, aberekeranyenimuhindukiranes, akababwira aho iperu riri bubere

Rimwe na rimwe abaturage bihishaga abamotsi ngo batabajy anasushefu akabakoresha imirimo iruhije cy angwa akabatuma kure. Inkuruikurikira iraby ibutsa.

Umugabo yasomye inzoga, kamugezemo arivuga ati endi intarelUmu gore ati «Umva umumotsi» umugabo y ihina munsiy’urutara, yumv iseko umumotsi agiye arihishura, Umugore aramu bwira ati caho ya ntarentiyahindu tse injan gwe ?» Umugabo yanga quhara ishema ati enihindu-raga intare y’icyan a» Umugore ati «no kwihindura imbeba wayihinduras.

Mu bakozi ba Leta, abo umu turage yatinyaga cyane ni abagoronome.Babi taga ba «gasunzu» kubera ingofero bambaraga cyangwa bakitwa bacKurimpuzu» kubera ibiboko bakubitaga umuntu ku kibuno yabeyuyeimy ambaro yambaye. (Uwamaraga gukubi twa ikiboko yagiraga ibisebeku kibuno agakubah o imineke ngo none byakoroha). Ba agoronomebamereraga nabi cyane utarakore raga ikahwa kuko ari cyo gihingwa cyagemu rwaga mu mahanga.

N’abakarani basanzwe bo mu biro ntiborohe raga umuturage. Hariabi twaga ba «Rubaza» bigeze gukoresha ibarura mu gihugu ugasanga aba-turage babage ra imbere bagahinda umushyi tsi.

-Umwe muri bo yabaji je umu turage ati «ufite abana bangahe? >Undi ati «mfite babiri» Rubaza arandi ka arangije umuturage ati«ariko barapfuye» ahita a kubi twa urushyi.

– Muri icyo gihe cy’ubujiji, kumenya amatari ki n’imyaka y’ubuvu-ke ntiby ari ibya bose: Umusaza umwe Rubaza yarnu baji je igiheumuhungu we yavu kiye undi arate ke reza ati «ndibu tse andi ka koyavu tse Ingeyo zashotse iriba rya Byunyu»,Undi mutunzi yashubi je ko umwana we yavutse inka ye yitwa

Ingeri yabyaye uburiza.

Ikiboko.

Abatege tsi bose bari hejuruy’umuturage guhera ku muzungu ukanereku mumo tsi bashoboraga kumuhanisha igihano cyo kumukubita.

– Rimwe Umuzungu yabwiye umuturage wari utunze cyane yarabyaye n’a bahungu benshi ati «nitakupiga! » Yarnubwi raga mu giswa.yire ngo aramukubi ta. Umusaza abyumva nabi ati «urampiga sha ?urampiga iki wa nyana y’imbwa we ?». Amuron dorera abahungu bebose, ati «urampiga Kanaka na Kanaka?» Ageza ku icumi, Ati (ubunta bwo unzi? Ni jye Ruvumbana rwa Sahah a umu tondwe umutunziwo kuri Mbuye!» (Umutondwe ni umupfumu waraguraga intondweuwo yari abizi cyane aban tu bakabimwu bahira).

– Umunya kiny aga yarihoreye. «Yabonye in tumbi y’umuzungu iKivu cyishe kimu jabu ri ra ku nkombe afata inkoni akubita umu-nani iyontumbi y’Umuzungu avuga ati «n kwishyure izo wan kubisel»Bene wabo bati «ko ukubi ta umupfu» Arabasu biza ati «mwe ntwari muza kubi te Umuzungu ndakaba imbunda yavugiye i Shangi! >(K.M. NO 5 Werurwe 1975). Iyo ndahiro yakomotse kuri ya ntambara y’Ababi rigi n’Abanyarwan da yabe reye i Shangi ku ngoma yaRutarin dwa).

– Shefu Kaberu ka ka Gakwandi na we yary amishije umuturage agirango amu kubi te ibi boko munani kuko atari yarangi je igipimo cyashiku, amu kubise icya mbere undi ati <bwi ! » Abari aho baraturikabarase ka. Uwakubi twaga ati «Ko numva munse ka neshejwe n’umu-tware, uwo atanesha muri mwe ninde?» Shefu yahise amure kera aho.Uwo mugabo yirwanyeho nk’undi Rudah igwa yaf ashe mu musatsiasa n’ukurura kubera amafuti yari yakoze. Ababi re baga barase tseundi ati «Umwami amfashe mu isunzu namwe murase kal ». (Guta-ta umuntu mu isunzu ni ukumu kiza ukamu kura mu bukene).

Amagi y’umuzungu.

Umuturage ntiyabazwaga akazi gusa ahubwo hari n’ibintu byinshiyagombaga gutanga bikamugora,Usibye umusoro w’amafaranga y atan gaga

n’in koko n’amagi iyo umuzungu yararaga ku nkambi. Mu ntangiiro ibyoby atangwaga na benshi kuko ke ra Abany arwanda batary aga inkoko, Ba-Zororeraga kugira ngo baragure imishwi y azo, N’amigi nta wayUmubirigi rero yagemurirwaga indundo yayo akayijuta. Ni ho haturutsewa mu gani ngo «Umuzungu yah aze amagi».yatinyukaga.

Inka z’umugogoro.

Abatunzi batuye ku gasozi Umuzungu yarayeho baz an aga in ka zika-mukamirwa zahumuza bakazicyura iwabo cyangwa se bakemera kujyakugemura, Tbyo bakore raga umuzungu, babigiriraga na she fu, kandidashe fucyangwa Gasunzu baje kuzembagira muri susheferi, lzo nkazabaka-mirwaga ni zo bi taga iz’umugogoro.

Bariya batege tsi bAbanyarwan da bo bashoboraga kureba umuturagewubatse neza ku gasozi akabaha inzu ye bakayicumbi kamo kugeza igihebazarangiriza imirimo. Muri icyo gihe nyir’urugo yibe raga muri Kagondoakabare kera Kambe re cyangwa akaba yajya qusembera mu baturanyi.Abo bate ge tsi bagemurirwaga urunyogwe, ibitoke by’amany amuny on’indi my aka yo kubatunga.
Iposho ry’abanyururu.

Aho gereza zishyiriwe ho, abaturage batege kwaga gutanga iposhory’a banyururu. Bagemuraga imboho z’ibishy imbo n’amashaza, akarerekarimo abatunzi benshi kagatanga amavuta yo kubarungira, Umusushe fuyate ge kwaga umubare w’amasoro y’amavuta agomba guturu ka ku gasozike, Kugira ngo abanyururu barye inyama, abaturage bahabwaga itege koryo kugurisha amatungo yabo bi ki twa «inka y’iposho» cyangwa «iheney’iposh o».
Inka ya Rugaravu.

Muri sushe feri hagombaga guturuka umubare w’in ka zo kubagi rwaabasiri kare b’Abanye kon go n’abakozi ba Letan’amasosiye te n ka SOMUKIyacu kuzaga Ru ton go, GEORWANDA y’i Rwinkwavu na MINETAIN(MINE TE) yacu kuzaga i Bugarama n’i Musha n’ahandi.

Uwa bagi raga abo bakozi ni Umubirigi bise Ru garavu mu Kinyarwa-nda, INka yatangwaga kuri ubwo buryo yitwaga «lnka ya Rugaravu».
Uwo Rugaravu ni Jack de Borgrave d’Alten a, Yari akomeye Cyane mu gi-
huqu ku buryo we na Padiri Kagame bi ge ze guhagararira u Rwanda
Nama Nkuru ya Rwanda – Urundi. lyo nama yatege kwaga na Vise Guve-rineri Jenerari. Gu tanga iyo nka ya Rugaravu byarink’agahato kuko abheturage bahen dwaga cyane.

Amata ya Leteri.

Abatunzi batege kwaga no kugemura amata ya «Le teri» agatunoaabakozi bo mu mijyi. Mu 1955 hagemuwe litiro 2.354.933 n’ibire136,6011 by’amavuta, Le te ri zari cumi n’imwe, Mu Rwan da hari inka80.000 zikamwa ubwo zikaba zatanga litiro 30.000,000, Igitabo nakyemo iyo mibare kivu0a ko ziriya litiro zagemuwe muri leteri ari nkeabacy an di tse basa n’ababaz wa ga n’uko abaturage binywera ayo matay’in ka zabo bakonsa n’inyan a. (Biri mu Géographie du Rwanda).

Muri le te ri bahen daga abatunzi ntibibashimishe ndetse bamwebagashaka impamvu yatuma batayatan ga.

-Hari nk’umusushe fu wabwiye umuntu wo ku gasozi ke ati «uzekuzindukana amata ya leteri mu muse ke». Umugabo atashye agegenaumu se ke, mu gitondo ashyi ramo amata arabone za no kwa sushefu,amu bonye ati «ibyo ni ibi ki?» Undi aramusubiza ati «Wan tege tsekuzana amata mu muse ke none ngaya!»>

-Kwijijisha bene ako kageni no kuvuga neza ke ra byarafash aga.Bwari n’uburyo buzigurutse bwo kwerekana ko umuntu atishimiyeibyo asabwa n’itege ko iri n’iri.

lbyabaye kuri uwo musushefu bijya gusa n’indi nkuru yere keyeFawusi tini Bagambi ki wari igisonga mu Nduga akaba n’umutwareWUruyange. Abahungu benshi bo muri izo ngabo ze baramushenge-reye rimwe maze hadu ka umugabo wo ku musozi we witwa Mahuku.Bagambi ki aramutota ati «igituma udatanga amata ya le teri na makeni iki?» Uruyange ruhaki ki je. ruti «Mugabo wa Kabare usigaye wakaarnata Mahuku?».

Ruswa.

Umuntu washakaga korohe rwa n’ibyo abate ge tsi bamusabaga, ya-
gombaga kurega icyo abahonge ra. Ruswa rero ni iya kera kandi iri mubyatangwaga bitari itegeko.
Umusushefu y ay atse mu ruhame rw’abantu aciye amarenga. Yacyashye umugabo wari wakere we akazi ati «ngaho hoshi genda usubiremuri ibyo byuki byawe biboze!». Uwo mugabo yahise akimiranaagaru ka amu tuye inzogay’ubuki bw’ umuh ama.

Ubundi abasushefu baturwaga na ruswa ya byeri ariko a kenshintibahabwe ikaz iye nk’uko bigenda ubu. Abatangaga iyo ruswa babi ko-raga mu kinyabupfura cy’icyo gihe, bagafata agase ke keza bagashyi ramonk’amacupa atatu ya SIMBA, BRALIMA cyangwa BRARUDI bakabi ko-rera umwana akaba ari yo bamushyi ra. Twibutse ko byeri zaban je kwe-ngerwa muri Kongo nyuma hakubakwa urwengero rwa BRARUDI iBurundi, Byateye ishyari Abanyarwanda ku buryo hari uwi bajije ati iyomfash anyo ahari igiye i Burundi kubera ko Abarundi bakekwaho kunywabirenze iby’Abanyarwan da» (K.M. Ukuboza 1956 p.8.). BRARUDIyashinzwe muri Mutarama 1956 naho BRALIRWA itangira mu 1959.

kuriUmutu rage washa kaga kugira umu den dezo uhamye yanyuragashefu akamuhonge ra in ka, shefu akamumnenye kanisha kuri sushefu nawe akabi bwi ra ikirongozi bityo wa muturage n tiyongere kubazwa guhe ka,kurarira, gu tumwa n’ibindi byamubuzaga amahoro,

Ruban da rwifite rero rwashoboraga kubaho nta mbogamizi z’ubute-ge tsi. ahubwo abasushe fu ni bo bagiraga akaga ko kubura uwo bi takanakubera ko butege kwaga n ‘a ban tu benshi.

REBA iyi video

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *