Amateka Kubitaramo Byo Mu Rwanda Rwo Hambere

F. Gutarama.

Ku manywa, ibwami ku karubanda habaga huzuye aban tu ban ganan’inzige, abenshi bazanywe no qushen ge rera gusa nta ruzinduko ruko-meye rwatumye biyicira imirimo.

 

Umuzungu bise Sebizinga (Defawe) wabaye Adiminisi tarateri iNyanza ngo yabi tege re je aho badende je abaza Musinga ati «aba bantubatungwa n’iki?» Undi amusubiza ko babeshwaho n’in ka z’ingishy wa.Nyuma uwo muzungu asaba ko hashingwa isoko ngo babone aho bahahira.

INZARA Y’I NYANZA MU BITEKEREZO.

Inzara y’i Nyanza n’ubu iracyibu kwa ku buryo abantu bay igani raho cyane.

 

ICYIFUZO CY’UMUNYABUGANZA.

Umunyabuganza yaturutse i Nyanza yarah asonzeye inzara yaramu-ciyemo, age ra mu Bitsi bo bya Musha akebuka ikiyaga cya Muhazi ariru-hutsa abwira abo bari kumwe ati «<bagabo ba mama! Inzara nshonje ntakindi cyayimara kereka uyu musozi wa Musha uhindutse ikirobe cy’umu-tsima wumwicura maze na cya Muhazi ki kampindu kira ikivuguto ngaso-meral » (Umu tsi ma w’umwicura ni umu tsima w’amasaka waraye -bi turu-ka ku nshinga kwicura -ni wo wakundwaga ke ra).

 

UMUKWE YARANGIYE UMWUKO NYIRABUKWE.

Umu gabo yavuye guhakwa i Nyanza na we yarashon je anyura kwaSebu kwe ngo arebe ko yahabona agafunguro. Hari igihe cy’a kan dameara ahageze barashobe rwa, Bari babwi riwe ariko hari agafu ko kuzaKuvuga nijoro ngo basaran ganve, Nvirabukwe yamu kubise amaso ashyirakOno ku ziko imaze quse rura abwi ra umu kobwa we ngo amwe ge reze Kagafu ariko baza kubura aho umwu ko uhe re reye kuko hari hashize igihebatavuga umutsima.

 

Ubwo umukwe yarimo kwayura itabi ryarnunan iye, uko bashakaumwuko bakamuha akajambo barnu baza iby’ibwami. We yare baga anoumwu ko umani tse ku rubariro rwurusika ariko akagira isoni zo kuwu-be re ka, Yageze aho ati ibwami haba ibin tu by ‘a gatangaza; uhabon ainy amb0 zimurikwa, abasore basimbu ka inkiramende» yungamo atiKintore igira itya igahaniriza ikaran ga anabo ko, igasimbu ka, umugaraikawu kubi ta nk’aho uriya mwuko umanitse, ikamanu ka igacinya amayu-gi!> Yawu barangiye nk’umuntu watararmye ibwami koko bavuga umu-tsima baramu fungurira.

 

Buri mugoroba, umwami yakorerwaga igi taramo. Umutware agata-raman a n’ingabo ze, Yaba ari mu bwa tsi bwe na we bakamu taramira.Igi taramo cyasi baga ku cyumwe ru cya Gihanga.

 

Mu bitaramo, abantu bahigi raga gushemu ka. Umushemu tsi niumuntu uzi gusubiza akazin daza uwo bajya impaka. Bahate ke rerezagaibya kera, bakahumvira iby’in titi zibabwi ra, bakaririmba, bakivuga, baga-higa n’ibindi. Abahanga mu gutarama bakurikirana gutya: Uwa mbere niingenzi, agakurikirwa n’umuhisi (ijambo risomwa nk’umugore), uwagatatu akaba ikigarama, uwa nyuma wumuswa akitwa igifura. Bagayagaumu ntu utarigeze atarama, agahora abarirwa ama kuru n’abandi. Uwobamwi ta umunyambata. Uwarakazwaga n’ubusa ntamenye kwizigurayi twaga umunyamusozi.

 

Umuntu wataramye kan di yamenyaga kwi kura mu isoni, Urugerotwatanga ni urWumugabo wagiye kwa shefu yicara ku ntebe arimunya-munya ageze aho ati «bwi! »

 

Kugira ngo yikure mu kimwaro, abwira uwo mwuka we atunga uru-toki inyuma asa n’uwiyama ati «Windogoya! Ko ari njye waban je kwakaiiarnmbo. wowe uje ute?» Abari bate ran iye aho bamushimira ko ari umu-hungu vwa tararmye ubona vuba ijambo rimukura mu isoni.

Mu mihigo, umuntu yashoboraga kuvuga ikintu cy’ingirakamaro

yarushije abandi wenda agakubitaho n’icyivugo, leyakora nta washobora-ga quhiga n’umwami. Kere tse we iyo yabaga abyishakiye, agahiga n’uwoase mbuye. Rwabugiri yigeze guhiga na Nyiringango ya Nyagahinga. Nyi-ringango aramubwira ati «naruye Nyagahinga i Mbirima», Rwabugiri ararakara yumv ise ko amushiny aguriye, Ati «ubwo utaragize umw arura ya-rahaguye». Imiheha ayikura mu bibindi ati «Ngangurarugo mu tahe, Ninibuka Iny amibwa y’iraba buzacya ntsembye umuryango», Ubwo ukoquhiga kwari kumwibukije urupfu rwa nyina Murorunkwere, ni cyocyatumye arakara,

 

lbambasi rya Bitukwa wigeze kuba shefu mu Bugesera (1930-1933)na we yarahize ati «Rudahigwa nta cyo an dushal » Undi abimenye bira-murakaza cyane kuko uwo mu tware atari no mu bakomeye. Yaje kura-mbagira mu Bu gese ra yakirwa n’abandi batware aza kumubona ati «wo-We windamu tsa, harya ngo nta cyo nkurusha? » Umutware arondoraibise kuru bye ati «abo bose ni abatindi. Naho wowe uri Rudahigwa rwaMusinga wa Rwabugiri, rwa Rwoge ra rwa Gahindiro ka Mibambweb’abami. Nagize Imana niga udushuri nkakurikira abana b’abatwarebantuma kwa Rwabutogo bakampa urwandi ko nkagenda mu nziramvumba igikatsi, ngacu kura ibijumba, ungaburiye ibivuza nkemerankarya bi kantera ikirungurira. Ibyo byose naryaga bitunga abatindi si-mbi kurusha?» Umwami ati «nta n’ubwo nabizi!» Umutware yungamoati «ikindi Iman a yarampiriye Rezida ampitamo mba umutware, woweuri Umwami kuko abo ukomo kaho bose ari abami» ati «ese ubwowa kize iki?» Rudahigwa asanga lbambasi amubwira ukuri aracururuka.

 

Adiminisitarateri wataramaga ibwami.

Umu bi rigi bitaga Kabu tura (San drart) wabaye Adi minisitaraterii Nyanza hagati ya 1924 na 1926 yakundaga kujya mu bi taramo kwaMusinga. Byari ugutata ngo yumve ibihavugirwa azabwire bene wabo.Ngo hari n’igihe yiyobe ranyaga agakenyera akitera nk’a bagabo b’icyogihe, hakaba ubwo bavuga Ababi rigi nabi akabumva aki tahira. Babagabashyidi tse hanze hatabona neza,

 

Yashatse kwi kundisha kuri abo bataraman aga ibwami ngo ajyeabona uko akomeza kubagigira aza gusaba intore ko zimuhimbira icyivugo ngo na ve ajye yivuga, Bararmusubiza bati «wakwivuga ute mu bagabo kandi urya imine ke?» Umwe ariko yaremeye arakimuhimbira, umuzu-ngu aragitora a kajya agira ati:«ndi Rutontomera ku NtaboRwa Ruta kwa imine kenitwa ni yo»

 

Ntiyumvaga neza icyo bishaka kuvuga kuko yage raga kuri «ni yobakamu ha amashyi menshi bati Kuri yo koko!» Agake ka ko bamwisein twari, bo bazi ko «ni yo» ari impimbi cyan gwa ingunzu kuko ari zozikunda imine ke zigataburura inzina aho zitaze. Yaran gizaga avuga ati«n atanze abahungu ku menyo y’urusenge» (kuko naho bahatara ibitoke),

 

Mu bitaramo bajyaga impaka bakahafindurira ibintu by inshi, Nigezekumva ko kera bataramye ibwami, abantu bakaza kujya impa ka ku mi-rutanire y’umunsi n’ijoro. Bamwe bakavuga ko umunsi uruta ijoro,abandi bakemeza ko ijoro ari ryo ritinda. Intore imwe yaje kuvumburaubuhanga bw’ukuntu bakiranuka. Bagombaga kuboha umurunga umunsiwOse bataruhuka bakawubi ka, bakaboha n’undi ijoro ryose bakuran wango badahagarara. Bwacya bakayireshyeshya bakareba uko isumban a.Babi koze batyo, bukeye in damu tsa iraramu tsa, umwami asanga abantubadende je ku karubanda ngo barebe uko aca urwo rubanza. Yaram buyeiyo mirunga ibiri yari yaboshywe, barayireshyeshya basanga idasumbana,impaka zikemu ka zityo.

 

Mu bitaramo cyan gwa se mu ishengero, nta bagore bahage raga. lyoumu gore wumunyacyu bahiro yashakaga gusohoka ava muri kambereajya mu gi kari, yendaga akarago, akagahagari ka, akagende ramo ngo bata-

 

Sharangabo ya Rwabugiri yarabyitwaje agi ra ngo yikure mu isoni.Yagiye gusambanya umugore wWincuti ye bumva araje. Sharangaboyururu ka ku buriri umugore amuha akarago akagen de ramo arikovibagirwa in koni ye. Nyir’urugo yari ageze mu kirambi naho ubwoSharangabo akaba yanise iyo mu mbere arenga mu irebe ry’umu ryango. Undi ati «erega wa karago we, hano uhataye akaban dovawel» Sharangabo araturika arase ka aragaru ka bahana imbabazi.Harí kera umugore akiri Uwumuryango.

 

lbyo gutarama tubicumbikiye kuri ako «karago»N’ubundi ibi te ke-rezo byinshi biri

muri iki gitabo ni ibyo numvanye abigeze gutarama.

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *