Ese Nuwuhe Mwami w’u Rwanda Wambuwe ingabo

 

Abatege tsi b’ Ababirigi basheshe imitwe y’ingabo rugi kubi ta, «Aba-soda» bose baturu kaga muri Kongo, abaporisi ni bo batorwaga mu Ba-nyarwanda. Rudahigwa rero ni we mwami wa mbe re utarigeze atwara ingabo.

lcyakora yima yaremye itorero ry’intore ryitwa Indashyikirwa. Izontore zari izo guhamiriza, zikitoza no kurashisha umuheto, gutera amacumu.. ari ko bitari ibyo kwi tegura intambara, Abatware na bo bakome je kurema amatorero ameze nk’iryo. Muri icyo gihe n’icyaku ikiveabahigi n’a batezi b’umupira babaye nk’abate re kera ingabo za kera,

Umuhigo ni wo werekanaga intwari.
Muri ayo magingo, guhiga byari bi komeye kuko hari hakirihoibyanya byabi genewe. Ubwo umuhanga mu kurasa ni ho yagaragariraga.Ubundi na kera, umwami w’u Rwanda yagiraga umuhango wo guhiga,ndetse n’ubwi ru bufite inzira y’umuhigo «yerekana uko uwo muhangougomba gukorwa. (Kagame 1947:376).

Uvanyeho ibyo by’u bwiru, umwami yahi gaga byo kwidagadu ra gusaagafatanya na ruban da rusanzwe. Kubera ko imihango y’ubwiru yaku-weho n’Ababirigi, Mutara I|I Rudahigwa yahigaga muri ubwo buryo bwakabiri. Aho yakundaga guhiga ni mu cyanya cy’Akage ra, mu Mutara noku Mayaga. N’ubwo ariko we yahigishaga imbunda, yajyanaga n’abatu-rage bitwaje intwaro za kinyarwanda (amacumu, imihe to, imyambi).Banifashíshaga n’imishumi y’intozo. lyo yabaga ari buze guhiga mukarere aka n’a ka, abatware b’imisozi babimenyeshaga abahigi bagahanaumu gambi w’aho bazahurira, (Nintozo zumvaga ihembe ritequriza umu-higo zikarimenya zikarara zasheze zurira ba shebuja).

Umuhigo nk’uwO wagombaga imbaga y’abantu benshi kandi ukagiraamatege ko awugenga. Mu bahigi, twavuga ko habamo ibyiciro bi tatu.Habanza «abakomyi» bagen da basakuza kugira ngo inyamaswa zivu-mbu ke. Aba kabiri ni «abaci b’amaraka». Aba ni abihisha mu ijuribakaba bakwica inyamaswa bayitunguye. Uko kwihisha babyita «gucainquriro», Bagomba kuba ari abantu batinyuka kuko inyamaswa ishoboraku batsinda aho bihishe ntibamenye kane. Abaci b’amaraka bitwazagaamacumu, lcyiciro cya gatatu kigizwe n’«abanyamu he to» barasa kumugaragaro. Abahe ru ka ni «abo ku ruzinge» batege ra inyuma inyama-swa zishobora guci ka abari ku muhe to.

Inyamaswa bashobora no kuzitega ibigoyi. Abakomyi barazivumbu-raga bakazihinda zigafatwa mu bigoyi abaci b’amaraka bakazicisha amaCumu.

Mu muhigo, abantu bose baba bangana.

Uwahushaga inyamasw Nuwo ari we wese bamume-reraga nabi bakanamutu ka.

 

Na Rudahigwa yabaga umwami umuhigo urangiyeakaba ari ho yon gera gutiny wa. Nyuma y’urupfurwa Musin ga, ngo yigeze kujya guhiga mu Cyanyacy’Akage ra ari kumwen’umutware Gahitsi ka Rwakageyo.Baje gutungu ka mu ruhira babon a agahanga k’umuntu.(se wa Gahitsi yari yaraguye mu muhigo yishwe n’intare).Ubwo Rudahigwa yacitswe n’ijambo ati <dore agah an ga ka so!».Gahit. aramusubi za ati «nangwa nanjye ngize imanambona aka data!» Ati «ese urumva tuzajya guhigan’i Kongoryari?» Rudahigwa ararakara amu kubi ta urushyiati «niko sha! Nta soni urancyurira?

Ubu iyo uba ari wowe mwami uba ubigen je ute?»Gahitsi ati «mba nkwishe!» Rudahigwa arase kaararakuruka.

Umuhigo bawucyuriraga ku mutware runaka, abahigi bakasira baka-nirahira, byarangira bakagaban a inyamaswa bishe.

Abahigi imbere y’Isa karamentu Ri tagatifu.

Kwasira no kwirahira byakorwaga no mu birori bisanzwe. Ahoubukirisi tu bu kome reye mu Rwan da, Kiriziya Gaturi ka yakoreshaga

ibi rori bya kinyarwanda ku munsi w’lsakaramentu Ritagati fu, Aba twiorbamu ri kaga inyambo aho zabaga, intore zigahamiriza, abazi kwasirabakabi kora…lbyo birori babigiriraga imbere y’lsakaramentu.

Umu kirisi tu wi bu ka iby’icyo gihe yan te ke rere je impaku zaje kubahagati y’abatware babiri bateguraga uwo munsi mu kuru w’Isakaramentmuri Misiy oni ya Kiziguro., Abo ni Karisa ka Kavumvuri wari kwerekanaabahigi na Gashikazi ka Nziramuhindo washakaga kumurika inyamboImpaka baz igiriye imbere ya Padiri Wiribororidi Karake buri wese ashakakuba ari we uzatangira ibirori.

Gashikazi yavugaga ko ari we ugomba gu tangira n’iny ambo kukomisiy oni yari mu bwatsi bwe. Karisa ibyo ntiy abyeme raga. Yumvagaagomba kubanza kuko yitsi ts aga ko ari Umunyiginya w’Umuhindiroakaba aruta Gashikazi w’Umwe ga. (Abahin di ro ni abakomoka ku mwamiYuhi IV Gahindiro se kuru wa Rwabugiri. Ubwo ni ibi komangoma).

Impaka zabaye ndende Padi ri ashyira Gashi kazi hanze ati «rekaayo manyembwa y’Abany iginya ahite hato atavaho aguhitana !». Ama-nyembwa yavugagani amahigi.

Intego y’umuhigo ntiyari iyo kubona inyama gusa. Byarimo kwi-dagadura no gushaka impu. Abatware baturiye ishyamba bagom bagakuzitura ibwami. lzatonaga cyane ni iz’ingwe, intare, itamu, ibihura,imondo…. lbwami bazigiraga ibyahi. Nta munyarwan da usanzwe wariufite ubu renganzira bwo gutunga uruhu rw’intare n’ingwe, lcyakoraingwe yash oboraga kwambarwa na Ryan gom be igihe cyo kubandwa.

Inzobe ziswe imikara.

Tujya kurangiza icyiciro cya mbere, twavuze ukuntu Murindahabiwa Nkwiro yari yaracyuye muka Musinga witwaga Mukabagorora waBandora ba Ruburika. Rimwe Rudahigwa yamu tumyeho Bitukwihenebya Sharan gabo ngo abwire abahigi b’i Munyaga bakore umuhigo none-ho amubonere iby ahi bitanu by’inzobe byo kwihera umuzungu w’incutiye. Ubwo Bitukwihene yafashe inzira no kwa Murin dahabi arasuhuzaatuma umugaragu ati <bwira shobuja ko mushaka».

Kubera ko Murindahabi yari yiruhukiye n’umugore we adashakakubyuka asubiza umugaragu ati «mubwire uti arahuze nta bwo abone-

tse) Butukwihene wari umaze kumva avuga atera hejuru atí «arikoagasuzuguro kawe > Ati «Umwami antumye ko umuhigishiriza ukamu-bonera nibura iby ahi bi tanu by’inzobe hari uwo ashaka kubyihe ra».

Murindahabi yigumira ku buriri arasubiza ati «nta nzobe izo niimikara yo mu rufunzo ! Genda ubwi re Abakemba bazish a ke. Nahoinzobe nzi ni Mukabagorora uyu nguyu turyamanye, umukobwa wa-gorowen’ibwami !».Umuja yashatse kurenga umuziro.

Umuja yanyuze mu masaka asan ga haguye ingwe, ashaka kuyibagango yambare uruhu rwayo. Yabanje ariko kwinja nyirabuja ngo atayi-mubon ana bikamu korah o, amubaza atamweruriye ati «ese, mabujaumuja yakwambara ingwe ?» Undi na we ati «umutindi wumuja seyambara ingwe ayikuye he ?» Wa muja arimy oza ati «lhii, nibore !».

Tugarutse ku byo twatangiriyeh o by’ingabo, dusanga umuhigo wa-rageze aho ukaba nk’ute re kera ibyo kurwana. Umuhigi wishe inyama-swa akaba agize ibigwi, Ukijije mugenzi we nk’ingwe yamufashe akabaamwimanye, ubwo bu twari akaburata mu bitaramo.

Na Rudahigwa yari afite icyivugo cy’imyato kirimo ibigwi bye mumuhigo, Kiremye nk’aho imihigo yiciyemo inyamaswa ari ibite ro yataba-yemo akica ababisha. lcyo cyivugo gisingiza imbunda y ahigishaga.

Uwakimbwiye ntazi uwagihimbye, ibyo ari byo byose ni kirekire.Turatanga uruge ro rwere kana ko kujya mu muhigo byabaye nkibisimbu-ra ibi te ro byo hambe re.

lcyivugo cya Rudahigwa mu muhigo.

91

«Ndi umuhigi ndi Rwangakugwabi ra ndi umwishi

Wibi koko ndi Rugwizakurinda amatamu n’imparabyo mu Mutara by angize indah iro simpindagan a habyutse imbogo.

Imbirizi nazimaze mu nzuzinishe ibishingamugara Abahutu bagishingira kunywa itabinarushi je lbi tu ku bi tatu mu mpingaya Nyarugombe, intare yabateshe jeimbunda nyitsinda mu nsi y’umuduha.abo mu Mish ongi no mu Mu tara babigiraindahiro bati «aho murarora wa mwamiwa Kigeri ngo ararusha ababyigiye iBuruseri gutwara umuheto ?

In tare y’Indu bizi nayitsinze Karama kwaKambugu yan aniye Umuzungu wa Kamwezi.Abo mu Ndorwa ya kabiri baririmba Umwami wa Mutara bati «koko ni Mutarambir n’ingoma yamenye umuheto awurusha abany amah angaari bo bawuzanye. U Bugarura na Kirwa
nahatsinze ingwe y’u bugon do y’igikwe rereyan an iye Umuzungu wa Mine te…».

Gutera umupira byabaye nko guteza igitero.

Ku ngoma ya Rudahigwa, gutera umupira na byo byabaye uburyobwo kugaragaza ishyaka n’ubutwari. Ama kipe y’umupira yagiye afataamazina y’imitwe y’ingabo n’amatorero ya kera, Nk’ikipe y’» Amagaju»ya Rutaremara rwa Kayondo mu Bufundu, iy’Abarwan ashy a ka b’ị Nya-mashe ke cyangwa iy’Ingabonziza z’i Kabgayi ziracy ibukwa n’ubu.

Indi rimbo z’abakinnyi b’icyo gihe usan ga zigana iz’ingabo zakera.Bazíririmbaga bajya gukina n’amakipe ugake ka ko ari igite ro kigabwenko ku ngoma zo hambere. Tbyo biragaragarira nko mu ndirimbo zaku-nganyíjwe n’Abafaratiri bo mu Iseminari Nkuru ya Nyakiban da, Ziri mu-gatabo kitwa : «Turirimbe». Dusangamo indirimbo zikurikira : Ingabo-nzíza, Urwintwari, Abadahigwa, Abarwan ashy a ka bị Nyamashe ke, In ke-nyanah an ga, Muri iyi ndirimbo ya nyuma, ni ho usanga umupira warafatwaga n k’aho ari igitero, amwe mu magambo baririmbaga ni aya :

<inkuru nziza y’In kenyamahanga yogeyeRwanda Sudi, Rwanda nziza gihugu cya ;Mutara cyo tubwi re amashirakiny omaRwanda utubyaye ganza urabi kwi ye.Amahanga agu ki kije najye agutinya.
Komeza uhige ko ufite iintwari, ntwaza

abafozi ingabo y’ikirenga

Murabeho Burundi na Bu kavu dutashye iwacu kwa Rukabu.

Inzandi ko zaturutse i Kabare ngo makipemwi tabe i Nyanza

I tariki ya cumi n’umunani twese twari imberey’umwami
Ati «Bahungu bahuje umugambi ndash aka GUTABARAMU BUNYABUNGO
NGURVWO URUGAMBA rukwiye intwari, muvuge umubareWIbi tego
Naranbiwe bi tanu kuri kimwe byo hambe re aha muriYubire
Igi tero cya nyuma kirangira baririmba ngo «ngicyo |GITEROCY’ABANY ARWANDA, Rukabu twisunga ngwino uturate» Rukabu(bisunga) ni izina ry’igisingizo rya Rudahigwa : Ban am wi taga Mukwende,Rukanikigi te ro cyangwa Inkubito y’Imanzi. Abakinnyi b’umupira bamu-ririmbaga nk’aho babaye ingabo z’igihugu naho we akaba umugaba wazo.Byari nko kwi bu ka ba Rwabugili n’a ban di bami. Kubona rero u Rwandaru taragiraga ingabo z’Abanyarwanda birerekana ko rwari mu buhake ko-ko.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *