Filime zisobanuye betting Raja , the idea of you

Iyi Nukuri iriho Filme ebyiri iya sobanuwe na “Rock kimomo” Ndetse na “b the great” iya rock kimomo yitwa the idea of you naho iya B the great yitwa “betting Raja”

 

Filme yambere “betting Raj”

Nyemerera Nkubwire Inshamake za Filme Yitwa “Betting Raj”  yasobanuwe na B the great

 

Iyi ni Filme yigihinde yasohotse 2012 Ariko Bitewe nukuntu Irenze nanubu iracyarebwa cyane Ndetse ikanasobanurwa mundimi zitandukanye cyane ko ishusho ryayo ari HD

Itangira Hari Abakuru bimiryango ibiri yarituye ahantu mugiturage Bahuye bagiye Gusenga Ndetse no kugurana impapuro zubutaja ,Nuko umwana wumuhungu (Raj) hari Ibintu umuryango umutuma Kuzaba Murugo Hari Nundimukobwa wo muwo muryango B baba Baremeranjije ko Azashingiranwa na Raj.

Umusore Arataha Abaturage Bose yasize kurusengero Bagaturitswa Raj Akahagera Bose bitabye Imana Reta Ugakeka ko bishe nimpanuka kuko uwabaturikije yarumuhanga, Nyuma Aza Gutoragurwa numusaza wikundiraga Inzoga Akamurera Akamwishurira Amashuri.

Raj Arakura Gusa Aba afite agatsiko kabapampe (Gang) Byajya kubetinga mumarushanwa yo gutwara Imodoka Raj Agatsinda umwana wo mubakire basiganirwa Mumuhanda Wa gariyanishi (rail way).

Umwana Wo mubakire Ararakara cyane agatangira GUSHAKA uburyo azababaza Raj ,Nyuma Gato umusaza Uba warareze Raj Aza kurwara imphyiko abaganga bagasaba amafaranga agera kuri Miliyoni 20  kugira abashye kuba  yáhabwa izindi mpyiko Kandi Raj nu mumama Uba Waramureze Ntamafaranga ahagije bari batunze.

Umwana wo mubakire (James ) Azakumenya ikibazo cya Raj Akamwegera Ngo ba betinge ,Ashiraho 20M akambwira Raj ko Agomba kujya Gutereta Umwana wo mubakire (Umukobwa Wa berari ) Uba urinzwe cyane uwo mukobwa Umusore wese wamukundaga Yahitaga Yicwa Umukobwa yakinye yitwa chetra ,James ategeka Raj ko natsindwa azahita Ava mumugi bari batuyemo ntizongere no kuhagera, Raj Atangira kwiyegereza Umukobwa chetra Aho yigaga kuri Kaminuza Gusa Umukobwa akigiza Nkana ,Nyuma Agatsiko ka Raj ( Gang ) Baza kumenyamo harumubyinyi ugiye kuva Neyork akaza kwigisha Abanyeshuri Kubyina Baramufatirana Bakamushimuta Kikibuga cyindege ,bakamutega ibiyobya bwenge Bakamutegeko ko Raj ariwe ugenda mumwanya we Akaba umutoza Mukuru hanyuma We akamungiriza

Raj Atangira Akazi sasi ko kwemeza Umukobwa, Nyuma Umukobwa Aza kubivumbura ko ashaka kumwinjirira nawe akamuha ibizami

 

1. Amusaba Kuzamuzanira Ibaruwa yurukundo mwisoko Aho umuryango Waba Babari yakuriyemo Wahahiraga

2. Amutegeka Kuzamuzanira ururabo iwabo murugo rurinwe cyane rwa Babari DOREKO yarafitr abumutekano 200

3. Amusaba Kuza musohokana ntamuntu Numwe mubarinzi be ubimenye

Raj byose arabikora Kandi bikagenda Neza muzabibona muri Filme

Ibyo byose iyo Bimaze kuba Umukobwa Atangira kwiyunvamo Umusore Papa Wa Raj abaganga bemezako bazamubaga tariki 01/yumwaka musha ubwo ni kuri bonane.

Raj Ahamagara James akamubwirako Agombwa kuhagera mwijiro rya bonane akiyunvira Umukobwa ambwira Raj ko amukunda.

Mwijiro ribanziriza bonane Umukobwa atoroka iwabo akajya kumbwira Raj ko amukunda Gusa Abarinzi be barahagera Bakabanza kurwana na Raj Akabakubita Agacikana numukobwa, Uwo twakwita nkase Uba Waramureze Arababara Cyane kuberako Umukobwa Nubundi Aba ari kakana Kari karakuze( chetra ) kagomba kuzashingiranwa na Raj aba yaragatabayw muri yampanuka Yabaye Kugirango Agwatire imitungo yiwabo DOREKO yabarirwaga muri miliyoni ijana zamadollar (100 M $ )

Raj Acikana chetra Mumashamba bagatabgira guhugwa mugihugu hose Nyuma Babari Azakumenya Aho bari bagiye Kurya akohereza abakore bagacikana Umukobwa gusa mbere yuko Umukobwa Agenda Raj amenyako ariwe uwo mukobwa yagombwaga kuzashingiraba nawe iyo ABABYEYI babo badapha, kumpera zibyi Filme Raj misiyo ye Aba arugutabara umukobwa

 

Dowunirodinga ( download) Filme yose Hano Hasi

Kanda Hano u downloadinge igice cyambere

 

Kanda hano udownloadinge igice cyakabiri

 

 Filme yakabiri “the idea of you”

The Idea Of you iyi ni Filme yakinwe na banyamerika yurukundo Ivuga kumumama wimyaka 40 Uba warikundi agahungu Gato Karagahanzi Kandi gakurwa nabana Babakobwa Babakobwa.

Filme itangira umugore Uba ucuruza ibishushanya (paints arts ) Arimunzu umwana we wumukonwa witwa AJ agataha gusa papa we aba yaratandukange namamawe,hari ahantu hari hagiye kuba igitaramo cyimbaturamugabo Arena papa Agurira Amatike Umukobwa ninshuti ze yo kujya mugitaramo.

Mama Atwara Umukobwa we ninshuti ze ngo Abashire papa abe ariwe ubaherekeza mugitaramo (Umugabo aba yitwa peter )kuko umugore aba Agiye muri camp kwitekerezaho.

Umumama abagezayo yamara kugenda Umugabo agahita Amugaruriya ABANA kubera impanvu ziza zimutunguye zakazi, Umumama ntiyakundaga Ibintu byimiziki Gusa Aremera Agaherekeza abo bana ,Akihagera ABANA baragiye we ashaka kwigira kuri w.c akabera munzu iba yagenewe gucumbikamo (portable House )ibyamamare , Ahahurira nagasore bita (Kevin Kade ) kakamwikundira Kagera Kuri stage kakamutura Indirimbo nziza yurukundo , Batangira Gukundana Gutyo

Urukundo rwabo rurashuha Umusore Akajya gusura wamumama bakaganira hafi no Gukora Bwombo Bwombo.

Nyuma Umusore atumira wamumama muri neyork Muri hotel yahantu bari bafite igitaramo Umukobwa wuwo mumana AJ aba yagiye muri vacancy nabandi bana bangana umu mama nawe agatega indege Koko.

Agerayo Bagatangira Gukundana arinako Basambana Gusa Umusore(Kevin Kade ) Agasaba umumama wacu ko yamuherekeza muri tour bafi bafite iburayi nawe akamuherekeza, Bagerayo itangaza makuru Rikavumbura Ibyabo bagatangira kwibasira Wamumama ko yakundanye numwana muto cyane Ndetse numukobwa we Ikamuheraho ikamugeraho,Akarakarira Mamawe Gusa mama agerayo uduhungu twabanaga na Kevin Kade tukamusereza akunva ibyo ari gukora ntago aribyo akabivamo.

Nyuma Aza guhura numukobwa we akamusobanurira uko bimeze Umukobwa we akamubwirako bakwikundanira kuri we ntarib

Gusa Umusore kugira abyemere abasaba kudakoresha imbuga Nkoranya Mbaga kuko abanyamakuru ntibari buhahe agahengeKade we nkicyamamare yarabimenyereye

Wakwibaza urukundo Twaba bombi byagenze Gutedowunilodinag Filme yose Hano

Kanda Hano u downloadinge igice cyambere

Kanda Hano udownloadinge igice cyakabiri

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *