Ubucamanza bwahanzwe bundi bushya nabazungu mugihe cyaba Rugigana.

 

Imihindu kire y’u bu tege tsi yateguriwe rimwe n’iremwa ry’inzegoz’ubucamanza. Hashyizweho inkiko z’imanza mbonezamubano n’inkikoz’imanza z’insh injaby ah a.

Ku itariki ya 5 Uqushyingo 1926, ni bwo Rezida Mortehan (Moru-teha) yatan gaje itege ko rirema izo nkiko n’imi korere yazo.

Mu rwego rw in ki ko z’imanza mbonezamubano, hashyizwe h o uru-ki ko rumwe muri buri Teritwari rugash obora kujya ruburanishiriza murishe feri. Rwari rugizwe n’umucamanza umvwe n’abasese ri batanu, n’umwa-

nditsi umwe (Ge refiye ). Rezida, uwungirije Rezida na Adimin isitaraterini bo babaga «abaju ji» muri urvwo rukiko, Rwacaga gusa imanza ziri haga-ti y’Abanyarwanda cyangwa se iz’abaturage bakomoka mu bihugu bihanaimbibin’u Rwanda, Izo nkiko zari zifite ububasha bwo quca igihano cyogufunga bitarenze ukwezi, amafaranga yacibwaga ntiyarengaga magan aabiri. Yashy i rwaga mu isanduku bitaga sandu ku ya Musinga (Fonds»Musinga mu gifaransa).

Hejuru y’Urukiko rwa Teritwari hari uruki ko rwUbujurire (Tribu-nal d’Appel) i Nyanza. Umwami ni we vwari Perez ida warwO. (1zo nge roz’U bucamanza zivugwa muri Chron ol ogie : 24-25).

Ku byere keye imanza z’ inshinjacyah a, abaturage baziburaniraga muRukiko rwa Giporisi (Tribunal de Police) rwategekwaga na Adiminisita-rateri wa Teritwari hagakuriki raho Uruki ko rwa Rezida rwari i Kigali ha-gaheru ka Uruki ko rw’UBUJURI RE Usumbura. (Géographie du Rwanda1934: 14-15).
Mu 1936,

imikorere y’Ubucamanza yasubiweho. Hashy iz wehoInkiko za Sheferi (cyan gwa Inki ko za Porovensi» n’Inkiko za Teritwari.Shefu yari Perezida w’Uru ki ko rwa sheferi. Uruki ko rwa Teritwari rworwari ugizwe na Juji n’umubare utari igiharwe w’a baseseri. Umwami ya-toraga abaseseri mu bashe fu batege kaga sheferi za Teritwari uruki ko ru-rimo. Umwami yategany aga umunyacyu bah iro (un notable) umwe cya-ngwa babi ri basimbura juji cyangwa abasese ri. Abo basimbura yabe re kagaAdiminisitarateri wa Teritwari bakazagomba kwe me rwa na Rezida,

In ki ko za sheferi na Teritwari zari zifite ububasha bwo quca amafa-ranga atarenze ijana cyangwa uwatsinzwe agakubitwa IBI BOKO MUNA-NI. Amafaran ga y’ibihano by’inkiko za sheferi yashyi rwaga mu isandu kuya sheferi naho ayo mu nkiko za Teritwari yoherezwaga mu Isandu ku yi-twaga Isan du ku ya Mutara (Fonds Mutara).

Uruki ko rwUbujurire rwi Nyanza rwahinduye izina rwitwa Uruki-ko rwUmwami. Uretse ko Umwami yari Perezida warwo, yashoboragano kujya guca imanza mu nkiko za She feri n’iza Teritwari kandi akabayasubira no mu manza zaciriwe muri izo nzego bi tarenze amezi atatunyuma y’uko za kaswe. (Iby’izo nkiko; Chronologie 28-29).

Ubushin jacy aha na bwo bwaravuquruwe, Abaturage baregwaga ima-nza z’inshinjacyaha babanzirizaga mu ruki ko rwitwaga: Uuki ko rwa Te-ritwari y’u Rwanda. Rwari rufite icyicaro muri buri Teritwari, Acimsinisi tarateri akanu be ra Perezida. Urwego rwo hejuru ni Uruki ko wUbu-

jurire rwa Rwanda – Urundi rwari Usumbura.

Abazungu, Abarabu, Abahindi n’a ban di badakomoka mu bihugubihana imbibi n’u Rwanda bakurikizaga armatege ko yabo bihariye, Bya.je kugera n’aho Abanyarwanda ba ke bo muri Leta bahabwa icyemezo

cyo kugengwa n’ayo mate ge ko. Abo bose baburaniraga mu Rukiberw’Iremezo rwari kuri Teritwari, bakajuririra mu Rukiko rwUbujurireUsumbura.

lyo usuzumye imite rere y’ubucamanza bw icyo gihe, usanga bwaribufutamye, Twabonye ko Umwami, Rezida, Adiminisitarateri na shefubari abacamanza, Abo bose kandi bari mu rweg rw’ubutege tsi nyuba.hirizatege ko. lbyo Ababirigi babihushijeho nkana ntabategu ra inzira yademu karasi nibura mu mitan du kany irize y’inzego z’ubutege tsi.

Ivugurura ryo guhana.

Ababirigi bakimara gutsinda Abadage mu Rwanda batse Yuhi VMusinga uburenganzira bwo kwica no gukiza. Byabaye mu 1917. Mubindi bihan o byatangwaga mbere, havuyeho gushyirwa ku ngoyi, guci-bwa mu gihugu, kurohwa mu rwobo rwa Bayanga mu Bugese ra cyangwamu rwa Nkonde mu Buberu ka (uru rwa nyuma rwarohwagamo abinugusa).Nko mu 1903, umwiru wi twa Mwaruguru yatanzwe na Musingabarumurohamo. N’uwitwa Kampayana ka Nyan taba barumujugunyemomu 1905 (Ayo matari ki : Chronologie: 186).

Ababirigi bakomeje ibihano bishya byari byaradu kanywe n’Abadge. Biri ugutatu. Bazanye gufunga. Iri jambo rikomo ka ku giswayie<Kufunga» kimwe n’igifungo «Kifungo» na gerezas n’umunyururu<munyororo» no gutoroka «kutoro ka». lbyo ntibvari bizwi mu Kinyrwan da,

lgihano cya kabiri ni ugucibwa amafaranga. Indishyi z’akababarozo zashoboraga gutangwa mu bitungwa bihwanye n’amafaranga yaciwe.

Sinzi igihe byaviriyeho ari ko kugeza mu 1949 byarashobo kaga.

Uruki ko rwa Teritwari y’u Rwanda i Shangugu rwaciye umunyacyaha amafaran ga 500 y’in dishyi z’uwo baburana rumwemerera ko

 

ashobora kuba yatanga ikintu cy’igiturage qihwanye n’ayo mafaranga. (B.J. Gicurasi 1949 n°7:413).

Igihano cya gatatu ni uko uruki ko rushobora qutegeka ko umuntuakubitwa ibi boko umunani. (cKibokos ni imvubu mu giswayire. ljamboikiboko ryahimnbiwe ko cyabaga gikozwe mu gihu cy’imvubu banacyitagaruvubu). Igihano cy’ikiboko gitan gwa n’in ki ko cyakuweho n’itege ko ryoku wa 18 Kanama 1951. (Chronologie:29).

Imikirize y’imanza mbonezamubano na yo yaravuguruwe. lbyo bi-garagarira mu biny amate ka bibiri byandi kirwaga mu lshuri ry’AbasharitiAsitirida. Kimwe ni «Servir>, ikindi ni «Bulletin de Jurisprudence desTribunaux indigènes du Rwanda – Urundi». (Nk’u ko mbigize mu mwa-nya iki cyanyuma, impine zacyo ndazigira B.J.). Byandi kwaga mu gifaransa, lcya mbere twacyita «Gufasha». lcya kabiri ni l kinyama te ka cy’tmikirize y’imanza za giturage zo muri Rwanda – Urundi.

Muri ibyo binyamate ka, usangamo imanza nyinshi zaciriwe mu nki-ko za Teritwari na sheferi n’inkiko z’Abami (Urukiko rwUmwami w’uRwanda n’urw’i Burundi). Kubera ko muri Rwanda – Urundi nta gitabocy’ama tege ko mbonezamu ban o cyariho (n’ubu mu Rwanda nti kirabone-ka), imanza zacibwaga hakurikijwe umuco w’igihugu. Urubanza rwabagarufite icyo rwungura gishy a, rwashyi rwaga muri bya binyamate ka, abahanga mu mate ge ko ba kagira icyo baruvugaho noneho rukaba intangaru-gero ku bacamanza bose bo mu Rwanda. Mbese imikirize y’urubanza urun’uru hari igihe yabaga nk’itege ko. lbyo byatumye ubucamanza bujyakume ra kimwe mu turere twose tw’u Rwanda, n’ubwo nta matege koyandi tse yah arangwaga.

Mu muco w’igihugu hari ibyagiye bigumaho ibindi birahindurwa.Kubera ko imanza zajuririrwaga mu rukiko rw’umwami, hash oboraga gu-fatirwa icyemezo gihin dura umuco wari usanzwe. Ubwo bubasha ama te-ge ko y’Ababirigí yabwemereraga abami ba Rwan da Urundi. (Ubwobubasha buvugwa muri B.J. Ukwa kira 1949 n0 6: 340 – 341). Letay’Ababirigi na yo yagiye ishyiraho ama te ge ko akuraho imico imwen’imwe.

Ingero z’imico y’igihugu ita rahindutse icyo gihe.

Umugabo yakomeje kwemererwa kuba yakwirukana umugore utabyara agasubizwa inkwano ye.

-Utanze inguramu ja ntabon a indongoranyo (B.J, Ukwakira 1946-g21-Umugore wapfakaraga atarabyaye yasubi raga iwabo nta mugabanaabonye mu butunzi bw’umugabo.

-Guhungura by aremerwaga ure tse ko bi takome je kuba itege ko ku mgore nka mbere, Yashoboraga kwe mera ko umugabo wabo amuhungu.ra cyangwa se akanga (B.J. Ukwakira 1948 n° 6:353- 354).

Ibyavuyeho ni nko
-guhora
– kuraga ubutware.

Umu tware wapfaga yasimburwaga n’undi washy izweho n’umwami ake-merwa na Rezida, Hari ibyo Ababirigi bagiye bahindura baby ita umucowa gishenzi utaberanye n’amajy ambe re.

Ingero:- Gutunga abagore babiri byarakome je ariko Abazungu barabi-rwanya kugeza igihe babiburije nyuma ya 1950.

– Guhan a ingo na byo Abazungu barabirwany aga bakabyita koari uguhin dura abagore indaya. Hari itege ko ryabi buzaga muriKongo mbiligi (B.J. 1949 nO 7: 371).

Amatege ko y’Abazungu akenshi yanyurany aga n’umuco w’igihuguugasanga byayobe ranye. Nko mu muco wa kera, uwaburan aga urubanzawamahugu agatarurwaho kubeshya yarabi h an irwaga kan di agatangan’indishyi y’a kababaro (B.J. 1946: 66-67). Iryo tege ko ntiri baho mu ma-tege ko y’Ababi rigi n’Abafaransa.

Ikindi in ki ko zay oborwaga n’Abazungu zash obo raga qucira umuntuurugomo kandi ari umwere imbere y’umuco w’igihugu.

Urubanza ruteye gutyo rwabe reye mu Rukiko rwa Teritwari y’uRwanda i Shangugu ruza kongera kuburanishwa mu Rukiko rwUbujurireUsumbura kuri 21 Ugushyingo 1948.

Umusore waregwaga yari yabengutswe umukobwa aramuhamaaamusanga iwe, ageze mu nzu amwambi ka umvwishywa amucira n’amataarabyih oreraUmu kobwa yemera kumube ra umugore kuko kera uwagirirwaga dyyabaga arongowe, Babanye umunsi n’ijoro, se w’umu kobwanyuma Abapadiri bo mu misiyoni y’aho hafi baza kwiru kana uwo mun

bwa muri urwo rugo, Ni bwo byuriranye bige ra muri Parike. Umushinjacyaha w’umuzungu yabibonyemo icyaha cyo gu fata umu kobwa ku ngufuajya kuregera urwo rubanza mu Rukiko rwa Teritwari y’u Rwanda rwi-caye i Shangugu. Rwajuririwe Usumbura, umusore afungwa umwakaatanga n’ihazabu y’amafaranga mirongo cyen da na rimwe. (B.J. Gicurasi1949 n 7: 412 – 4 16).

Ikibi cy’izo manza nshinjacyaha ni uko batatumaga uwakoze icya-ha n’uwagi kore we biyumvikan ira kuko nka se w’uriya mukobwa nta ku-ntu yari kutumvikana na se w’umuhungu nyuma inkwano igatan gwa.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *